SADC kandi isaba abategetsi ba politike na dipolomasi iki kibazo kireba gushaka umuti mu nzira y'ibiganiro, harimo n'ibya Luanda. Ku rundi ruhande, Umuryango w'ibihugu bya Afurika y'iburasirazuba ...
I Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo, haramukiye imyigaragambyo y’abaturage bo muri uyu Mujyi n’abo muri Sosiyete Sivile, bamagana Perezida wa RDC, Félix Antoine Tshisekedi bamusaba ...